PUBLISHING YOUR NEWS WITH CUTTING EDGE STYLE

Amanyanga mu nzego z’ibanze n’ intege nke mu ugukumira akarengane na ruswa mu miyoborere y’ igihugu.

Kalinijabo na Manirakiza bakwiye gushimirwa kuri iki kiganiro:

Abayobozi b’ ibanze bakomeje guhisha inzara y’ abaturage bashinzwe.

Ni kuki mu Rwanda ibibazo byose bigomba gutegereza ko perezida abikemura?

Imiyoborere nk’ iyi izagezahe igihugu? Gutanga service bizavamo abanya bubasha basaba ruswa ryari?

Hari abavuga ko impamvu abaturage bitabira kuregera perezida ari uko ari we muyobozi wenyine udashobora ku basaba ruswa bitewe n’ aho bahurira. Abandi bose ngo bihererana umuntu bakamusaba Hennessy na happiness.

Samuel Kamanzi

RADIO INYENYERI

TOP TRENDING VIDEO

SEARCH NEW STORIES